Connect with us

Africa

APR FC mumukino wo kwishyura i Nairobi na Gor Mahia/KAPPA…

Published

on

CECAFA

APR FC mumukino wo kwishyura i Nairobi na Gor Mahia/KAPPA niyo izajya yambika APR FC/byinshi kwitangira rya shampiyona mu Rwanda/ rayon sport mwisura nshya/AS Kigali na ORAPA United muri botswana

Muri Rwandalive y’uyumunsi turababwira byinshi kumukino wo kwishyura APR FC igiye gukinira muri KENYA Nairobi, ese iravanayo insinzi? Turaza no kubabwira kumuterankunga mushya uri kwambika APR FC ariwe KAPPA.

Turanaza kugaruka no kuri Rayon Sport FC uko ihagaze mugihe shampiyona yegereje. Turababwira kumusifuzi umwe gusa wumunyarwanda uza sifura CHAN 2021 uwo ni Ishimwe Jean Claude. Turaza no kubabwira kuri AS Kigali na ORAPA United yo muri BOTSWANA muri CAF Confederation CUP.

Muramenya byinshi kumavubi yabatarengeje imyaka 17 ko azakira imikino ya CECAFA izabera I RUbavu n’IHUYE Tariki 13 kugeza tariki 28 Ukuboza 2020. Turanababwira kuri AFROBASKET2021 nandi makuru atandukanye yamakipe yo murwanda Ibuka gukanda SUBSCRIBE, SHARE AND COMMENT kuri RWANDALIVE tuzajye tubana mumakuru atandukanye. Unabashed kuduha ibitekerezo.

Continue Reading
Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *